mar
29
2016

Karongi : Uko abafite uburwayi bwo mu mutwe bahawe ubufasha

Abantu bagera kuri batandatu bafite ubumuga bwo mu mutwe bari bakunze kugaragara hirya no hino mu murenge wa Rubengera, cyane cyane muri centre ya Kibilizi na Giti kinini kuri ubu ntibakihagaragara. Radio Isangano yashatse kumenya aho baba baherereye.

Umunyamabanga nshingwabikowa w’umurenge wa Rubengera  Ngendambizi Gedeon ati « twabohereje ku bitaro bya Kibuye bitewe n’inyungu rusange mu buryo bwo gucunga umutekano kuko hari igihe abo bafite ubwo bumuga bahohotera abaturage ». Asobanura ko iyo bagezeyo ku bitaro buri gitondo basurwa. Abazaza nyuma bafite ubwo burwayi nabo tuzabakorera nk’ibyo bakoreye aba mbere mu rwego rwo korohereza imiryango yabo kubavuza.

Uwiyera Julie radio Isangano

Langues: 
Genre journalistique: 
Thématiques: 

Partager