mar
10
2016

Kayonza: Abaturage babangamiwe n'ituritswa ry’intambi z'ahacukurwa amabuye y’agaciro

Abaturage bo mu mirenge 3 yo mu karere ka Kayonza barinubira ituritswa ry’intambi ahacukurwa amabuye y’agaciro mu gace ka Rwinkwavu. Bemeza ko amazu yabo yangizwa kandi ko imitima yabo ihora ihagaze kubera urusaku rw’izo ntambi. Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza buvuga ko hari gukusanya ubushobozi ngo aba baturage bimukire ahandi hantu.

Ntwali Aloys Gonzague, Radio Izuba 

Langues: 
Genre journalistique: 
Thématiques: 

Partager