fév
06
2016

Kirehe: bamwe mu bayobozi b‘ibanze baba bakingira ikibaba ubucuruzi bwa magendu

Abayobozi b’inzego z’ibanze bo mu murenge wa Gahara, mu karere ka Kirehe, baratungwa agatoki kuba bakingira ikiba abacuruza magendu bazivanye mu bihugu by’abaturanyi birimo Tanzaniya n’u Burundi, ndetse n’abacuruza ibiyobyabwenge birimo urumogi n’akanyaga.

Ubuyobozi bw’aka karere bukaba busaba aba baturage kugira ngo bajye babikumira hakiri kare kugira ngo bidakomeza kwangiza ubuzima bw’abanyarwanda. Ibi bika bivuzwe mu gihe polisi ifatanije n’ubuyobozi bw’akarere ka Kirehe ndetse n’abaturage bafatanije mu kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga asaga miliyoni 150 byafatiwe muri aka karere.

nkuru irambuye na Aloys Gonzague Ntwali, Radio Izuba 

Langues: 
Genre journalistique: 

Partager