Jan
24
2016

Ngoma: 30% y’abadepite b’abagore ntivugwaho rumwe

Kugeza ubu ku isi yose u Rwanda ni rwo rufite umubare munini w’abadepite, kuko mu matora yabaye muri nzeri 2013, abagore bageze kuri 63,75%. Ni ukuvuga abadepite 51 b’abagore. Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngoma ntibabivugaho rumwe. Bamwe bati “ni benshi”, abandi bati “ahubwo bakomereze aho”.

Inkuru yateguwe na Aloys Ntwali, Radio Izuba

Langues: 
Genre journalistique: 

Partager